Isesengura Ryibibazo Bigize Urubanza Ibihimba vy'Urupapuro rw'Ikiganiro

Isesengura Ryibibazo Bigize Urubanza. 5] Ibibazo bisuzumwa muri uru rubanza n’ibikurikira:
Isesengura Ryibibazo Bigize Urubanza. ⮚ Kubyerekeye ibimenyetso bitangwa n’ubushinjacyaha ku cyaha burega MUKAGASHUGI Annonciatha, MUKAMUNYURWA Marianne na NDAGIJIMANA Jean Bosco.2. Uhagarariye ubushinjacyaha yavuze ko ibimenyetso ubushinjacyaha bushingiraho ari abatangabuhamya BISENGIMANA Dismas, HAKUZIYAREMYE Martin, KARANGWA Ferdinand bose bemeza ko iyo sambu yari iya RAYINI ikaba ariko KARANGWA akaba yari yarayitsindiwe nyuma abwira bashiki be kuyiyandikishaho ngo azavuge ko ari iy’umuryango, kandi ko mu kwiyandikisha iyo sambu yari mu makimbirane, ibyo byangombwa byahawe abo bashiki be bikaba byaratanzwe kuburyo bw’uburiganya. Ikindi MUKAMUNYURWA na MUKAGASHUGI bavuga ko ibyangombwa byabo babizaniwe na musaza wabo witwa NDAGIJIMANA Jean Bosco ko rero nawe yafatanije nabo guhabwa ibyo byangombwa.3. MUKAGASHUGI yavuze ko isambu ari iy’umuryango ibyemezo bakaba barabihamwe n’ubuyobozi kandi ntamakimbirane yabayeho.
Isesengura Ryibibazo Bigize Urubanza. A . Ubujurire bwa FINA BANKUbujurire bwa FINA BANK bukubiye mu ngingo zikurikira:
Isesengura Ryibibazo Bigize Urubanza