STRABAG Ibihimba vy'Urupapuro rw'Ikiganiro

STRABAG. EUR-EMP na Leta y’u Rwanda batanze inzitizi bavuga ko ikirego cya SHEMA Joseph kitakwakirwa kuko yajuriye atinze, Urukiko rubanza kuyisuzuma, rufata icyemezo ku wa 14/10/2016, mu rubanza rubanziriza urundi, ko iyo nzitizi nta shingiro ifite, ko SHEMA ajurira yubahirije ibihe biteganywa n’amategeko.