Iragiza rubanza ry’agateganyo n’igihano gihatira kwishyura Ibihimba vy'Urupapuro rw'Ikiganiro

Iragiza rubanza ry’agateganyo n’igihano gihatira kwishyura. 9] Me Mbarushimana Domonique yasabye ko uru rubanza rurangizwa by’agateganyo kabone niyo rwajuririrwa anasaba ko Kasine yazatanga 100.000 Frw buri kwezi y’igihano gihatira kwishyura. Urukiko rurasanga ibijyanye no kurangiza urubanza by’agateganyo n’igihano gihatira kwishyura , rutabyemeza kuko nta kigaragaza ko Kasine Patricie atazishyura ku gihe urubanza rumaze gusomwa nta n’igihombo Me Mbarushimana yagaragaje Bank of Kigali yagira mu buryo budasubirwaho irangiza ry’agateganyo riramutse ridatanzwe.